Amakuru y'ingenzi
Welcome to Nyamagabe District website
Tumenye Nyamagabe
Ubuyobozi
Serivisi
Ibyingenzi
Amatangazo
Amasoko n'akazi
Procurement Plan 2010-2011
Inyandiko
Ibyingirakamaro
FEATURES
Andikira Mayor
Amafoto y'Akarere
Ibitekerezo
Staff E-mail
Abaterankunga
RDB
MINALOC
Connect with us
Facebook
Twitter
TOLL FREE
logo_nyamagabe.jpg

Ubutaka n'imiturire

Gahunda yokusaranganya ubutaka itangizwa nogutegura imidugudu, kuko byarazuwe ko ibyangobwa bikenewe kuzana izamuka mu bukungu no mumibereho myiza y'abaturage bigomba kugezwa muri iyo midugudu kugira ngo noneho bashobore kwitabira kuyituramo.

Ukurikije gahunda ya MINALOC, abantu bakwiye gutura mumidugudu, kubwiyo mpamvu akarere ka Nyamagabe kateguye kuburyo kagira ahonyine umudugudu umwe muri buri murenge kugira ngo ubere urugero ahandi kandi ukaba ufite ibyangobwa byose bikenewe.

Akarere ka Nyamagabe ntabwo karagira gahunda nziza y'imigi. Imiturire igikoreshwa n'ubu irakyari imwe itatanye, kugenza hafi 99% bigizwe n'inyubako zitubatswe neza kandi zitatanye kumisozi miremire mu karere kose. Ariko, umubare mukyeya w'abaturage utuye mu midugudu.

Iyi miturire itatanye ntabwo intanga uburyo bwiza bwokugera kubyangombwa by'iterambere kubaturage benshi mu karere. Ntabwo kandi yemerera gushobora gukoresha neza ubutaka mubyubuhinzi kandi ikibazo ky'ubutaka bwoguhingamo n'ikingenzi mu karere. Kwongera kuri ibyo, amazu yoguturamo yubatswe nabi kandi hakoreshejwe ibikoresho bidahangara. Byinshi muri ibi bikoresho, hafi hose mu karere bikozwe mu matafari y'igitaka nibyatsi.

Location
carte_nyamagabe2.png
Imibereho Myiza
Ubuzima
Uburezi
Imikino
Umuco
Abatishoboye
Ubukungu
Ubuhinzi
Inganda
Ubukerarugendo
Ubucuruzi
Imisoro
Ubutaka n'imiturire
Politike
Itorero
Imiyoborere myiza
Imihigo
Ubutabera
 
Copyright Republic of Rwanda, NYAMAGABE District
Designed by Filmax / Gravisio