Akarere gakurikirana ishirwa mubikorwa ry'imihigo y'umuryango kandi kagahemba umuryango w'indashikirwa muri buri mudugudu. Harimo nogufasha koperative z'abagore kwiyubaka nokubona inguzanyo kuburyo haba koperative nibura imwe muri buri murenge ikora neza
GASAKA IKOMEJE KWIGARAGAZA MU KWEZI KW’IMIYOBORERE 2012
Mu Murenge wa Gasaka kuwa 7 Mutarama 2012 habaye imikino ya nyuma mu mupira w'amaguru mu kwezi kw'imiyoborere myiza. Mu bakobwa Akagari ka Nyamugali katsinze aka Kigeme 2:0 (ibitego byatsinzwe na manayibitego Mukanyandwi Gaudance wakoraga ibitangaza mu kibuga) naho mu bahungu Akagari ka Nyamugali nanone gatsinda Ngiryi ibitego 3:0 (ibitego byatsinzwe na ba Rutahizamu Marius watsinze ibitego 2 wenyine na Ishimwe Fabrice). Aba basore bombi n'abahanga cyane ,ku buryo umutoza w'amavubi mato Richard Tardi yabakenera kuko ntacyo ba basore baherutse muri Mexico babarusha cyane!!!!!!!!!!komeza