General Information
Home
About The District
Administration
Services
Priority Sectors
Announcements
Tenders & Jobs
procurement plan 2010-2011
Documents
News & Events
Useful Links
Features
Forum
Mail to the mayor
Photo Gallery
Feedback
FAQs
Staff E-mail
Partners
RITA
MINALOC
Land and Housing

Gahunda yo gusaranganya ubutaka itangizwa no gutegura imidugudu, kuko byaravuwe ko ibyangobwa bikenewe kuzana izamuka mu bukungu no mumibereho myiza y'abaturage bigomba kugezwa muri iyo midugudu kugira ngo noneho bashobore kwitabira kuyituramo.

Ukurikije gahunda ya Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu (MINALOC), abantu bakwiye gutura mu midugudu, niyo mpamvu Akarere ka Nyamagabe kateganyije  umudugudu umwe muri buri murenge kugira ngo ubere urugero ahandi kandi ukaba ufite ibyangobwa byose bikenewe.

Kugeza mu mwaka wa 2010 Imiturire mu midugudu mu Karere ka Nyamagabe yari kuri 34.5% 

Akarere ka Nyamagabe ntabwo karagira gahunda nziza y'imigi. Imiturire igikoreshwa n'ubu irakyari imwe itatanye, kugenza hafi 99% bigizwe n'inyubako zitubatswe neza kandi zitatanye kumisozi miremire mu karere kose. Ariko, umubare mukyeya w'abaturage utuye mu midugudu.

Iyi miturire itatanye ntabwo intanga uburyo bwiza bwokugera kubyangombwa by'iterambere kubaturage benshi mu karere. Ntabwo kandi yemerera gushobora gukoresha neza ubutaka mubyubuhinzi kandi ikibazo ky'ubutaka bwoguhingamo n'ikingenzi mu karere. Kwongera kuri ibyo, amazu yoguturamo yubatswe nabi kandi hakoreshejwe ibikoresho bidahangara. Byinshi muri ibi bikoresho, hafi hose mu karere bikozwe mu matafari y'igitaka nibyatsi.

 


Location
rwamagana.png
Social Welfare
Health Care
Education
Sport
Culture
Vulnerable Groups
Election
Economy
Agriculture
Industry
Tourism
Trade
Taxation
Land & Housing
Policy
Good Governance
Performance Contracts
Justice
Agasozi Ndatwa
Webmaster
Copyright Republic of Rwanda, NYAMAGABE District.
Designed by Filmax / Gravisio