Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamgabe yashimye ubuhanga bw’ Abanyeshuri Ishuri Ribanza rya SOS- Gikongoro

Kuri uyu wa 21 Nyakanga 2023, Ishuri Ribanza rya SOS- Gikongoro ni bwo ryakoze ibirori byo gusoza Umwaka w’ Amashuri wa 2022-20223, aho Umuyobozi w’…
Read more →

UMUYOBOZI W'AKARERE YAKANGURIYE ABAHINZI B'IBIRAYI KONGERA UMUSARURO KU BUSO BUTO.

Umuyobozi w'Akarere ka Nyamagabe yatangije ubukangurambaga bugamije kongera umusaruro n'ubwiza bw'igihingwa cy’ibirayi
Read more →

ABAFITE UBUMUGA MUFITE INSHINGANO YO KWIKORERA UBUVUGIZI MBERE Y’UNDI WESE.

Ubwo ni ubutumwa bw’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nyirarukundo Ignatienne…
Read more →

KITABI: ABUNZI BAHAWE ICYEMEZO CY'ISHIMWE N'AMATELEPHONE.

Mu gutangiza icyumweru cy'abunzi, Umuyobozi w'Akarere Wungirije yasabye abaturage kuyoboka abunzi kandi bakihatira kubahiriza imyanzuro yabo aho…
Read more →

URUTONDE RW'ABEMEREWE GUKORA IKIZAMINI CY'AKAZI MU BUREZI

Uru ni urutonde rw'abemerewe gukora ikizamini cy'akazi mu burezi ndetse n'igihe bazakorera ikizamini.
Read more →

UMUYOBOZI W'AKARERE YAMURIKIYE ABATUYE MU MURENGE WA KIBUMBWE IMPANO BAHAWE N'UMUKURU W'IGIHUGU.

Umuyobozi w'Akarere ka Nyamagabe yamurikiye abaturege batuye mu Murenge wa Kibumbwe Impano umukuru w'Igihugu yabageneye yasuye Akarere ka Nyamagabe.
Read more →

UMUYOBOZI W'AKARERE KA NYAMAGABE KABAYIZA YAFUNGUYE AMAHUGURWA Y'IMINSI IBIRI YIGIRA HAMWE INOZWA RY'IMIHIHO N'IMIKURIKIRANIRE YAYO

Mu karere ka Nyamagabe hari kuba amahugurwa y'iminsi ibiri y'abagize itsinda rishinzwe gukurikirana inozwa ry'imihigo na gahunda y'ibikorwa by'Akarere…
Read more →

INZOGA ZITUJUJE UBUZIRANENGE N'IBIYOBYABWENGE BIZA KU ISONGA MU GUTERA IBIBAZO KU BUZIMA BWO MU MUTWE Dr ZUBERI

Mu muhango wo kuzirikana ubuzima bwo mu mutwe Dr Zuberi yagaragaje ko kunwa inzoga zitujuje ubuziranenge no gukoresha ibiyobyabwenge biza kwisonga mu…
Read more →

URUZINDUKO RW’UMUYOBOZI W'ISHAMI RY’IMIYOBORERE W'AGATEGANYO MURI GEREZA YA HUYE NA NYAMAGABE

Gusura abagororwa muri gereza ni ikimenyetso cy’uko leta y’u Rwanda ibazirikana kandi ibitayeho bityo nimukoreshe ayo mahirwe mwiyunge nabo…
Read more →

UMUGANDA NI UMWANYA MWIZA WO KUGANIRA KU ITERAMBERE RY’ABATURAGE.

Mu muganda rusange usoza ukwezi wakorewe mu Murenge wa Buruhukiro, Akagari ka Munini mu Umudugudu wa Gitovu. abaturage bahawe impanuro n'abayobozi…
Read more →